Book of Solomon

INDIRIMBO ZA SALOMO

Iki n’igitabo cyuzuyemo ibisingo by’urukundo, bivugwa n’umugabo n’umugore, ibyo nibyo bigize iki gitabo cyose. Ariko abayuda n’abandi bakristo bavuga ibintu bitandukanye bikwiye kuba insobanuro y’iki gitabo; mbese bishushanya urukundo rw’Imana n’ubusabane bwayo n’Isiraeli? Ese bishushanya urukundo rwa Kristo n’Itorero? Ese byaba ari ubusabane bwa Kristo n’umukristo kugiti cye?

Buri gitekerezo muribyo kibona igitabo nk’igishushanyo cy’ubuzima, ariko igitabo ubwacyo nta mpamvu kivuga zo kwakira icyo gitekerezo. Murundi ruhande, ahari kumenya neza iki gitabo n’ukukirebera mu rukundo hagati y’umugabo n’umugore, tukagitwara uko kimeze. Cyigaragaza imvugo yeruye kandi iganisha kuguhuza imibiri, bitwibutsa ko Imana ishaka ko twishimisha murukundo rw’immibiri nuwo yaduhaye.

Gitanga urugero muby’imibonano mpuza bitsina ikabije, murundi ruhande kigaragaza ububi no kwanga imibonano mpuza bitsina.

Inkuru ishushanya umuhungu n’umukobwa bakundana, buri muntu akibona murukundo rw’undi kuburyo batandukanye bya babibabaje, ibisobanuro gitanga gishingiye kubyo mugiturage, bityo uba mumujyi akwiye ibisobanuro bihagije.

Nyuma ababiri barabana bakishimira urukundo rwabo; “amazi menshi ntiyshobora kuzimya urukundo rwinshi/nubwo imigezi yarutembaho/niyo byasaba umuntu gutanga ibyatunze byose byaba ntacyo bitwaye, (8:7) kuko urukundo rw’abashakanye nishusho y’urukundo rw’Imana n’abantu bayo. (Abefeso 5:22-33) birakwiriye  ko igitabo cye cyishimira urukundo rumeze rutyo.

 

"Ministering to the pastors of Africa"