The Book of I Thessalonians – K

Urwandiko rwa I rwandikiwe Abatesalonika.

Intumw Paulo yifuje gushimira Imana ibyo yakoze mu buzima bw’abakristo baba tesalonika, yisobanura ku magambo yamuvuzweho, kubashishikariza guhagarara bemye mu mibabaro no gusobanura ikibazo cy’imyizerere ku bakristo bapfuye mbere yuko Kristo agaruka kubjyana.

Harimo amagambo abiri cyangwa interuro ebyiri zikuru: “kwezwa” (4:3, 4, 7) no “kugaruka kwa Kristo” kunavugwaho muri buri gice cy’uru rwandiko (1:10; 2:19; 3:13; 4:15; 5:23). Igice cya 5-6 byigisha kugaruka kwa Kristo, kuzmurwa kw’itorero ndetse “n’umunsi w’Uwiteka”

Dore incamake y’urwandiko rw’Abatesalonika ba 1.

I.                   Ibya kera: Imirimo y’ukwizera (1:1-3:13)

II.                Ibya none: Imirimo y’urukundo (4:1-12)

III.             Ibyiringirwa: Ibyiringiro by’abihanganye (4:13-5:28)

 

"Ministering to the pastors of Africa"